Yahoo France Recherche Web

Résultats de recherche

  1. Il y a 22 heures · MU MAFOTO 100: Twinjirane mu mugoroba w'Intsinzi Perezida Kagame yashimiyemo abarimo umuryango we. Byari ibirori mu mugoroba wo kwizihiza intsinzi nyuma y'uko Perezida Kagame atorewe gukomeza kuyobora u Rwanda mu gihe cy'imyaka 5 iri imbere. ...

  2. Il y a 22 heures · Yanditswe kuwa 16/07/2024 14:12. Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, yakwennye mugenzi we wa Repubulika Iharanira Demokarasi w’Itangazamakuru n’Itumanaho, Patrick Muyaya wanenze uko amatora y’Umukuru w’Igihugu yagenze. Ku mugoroba wo ku wa Mbere tariki ya 15 Nyakanga ni bwo Komisiyo y’Igihugu y ...

  3. Il y a 22 heures · Ashimira abamubaye hafi, Perezida Kagame yashimiye umuryango we avuga ko udahwema kumushyigikira mu bihe byose, ati “buriya na bo bambera akabando”. Yanashimiye imitwe ya Politiki yiyemeje gufatanya n’Umuryango RPF-Inkotanyi muri gahunda yo kumwamamaza, ndetse n’Abanyarwanda bose bamubaye hafi ariko byumwihariko ngo ababimugaragarije bakamutora.

  4. Il y a 22 heures · Abakorera bushake bari abantu 100,000 mu gihe indorerezi 1,100 ari zo zakoze akazi ko kureba uko amatora agenda. Izo ndorerezi zaje zituruka mu Muryango w’Ubumwe bw’Uburayi, Afurika yunze ubumwe, Umuryango w’Afurika y’Uburasirazuba, Umuryango w’ibihugu bivuga Igifaransa n’Umuryango w’ibihugu byo muri Afurika yo Hagati.

  5. Il y a 22 heures · Ntawamenya niba amahane uwo mugabo avugwaho ko yagiraga afite aho ahurira n’imitungo yari asangiye n’umugore we. T. David I am responsible for this article, not the BIGEZWEHO TV website. Please contact me if you need more information about it : +250 784 525 501. Mu Mudugudu wa Gasave, mu Kagari ka Raranzige mu Murenge wa Rusenge, mu Karere ...

  6. Il y a 22 heures · Mpayimana yakomeje agira ati “Jyewe icyo nifuzaga ni uko Abanyarwanda bagira uruhare mu gushyiraho ubuyobozi bwabo, ibijyanye n’umubare w’amajwi ndetse n’umubare w’abazaga muri campaign (ibikorwa byo kwiyamama) zange, ntabwo mbitindaho, icy’ingenzi ni uko twebwe turi Abanyarwanda bashoboye gutanga uruhare mu buyobozi.”.

  7. Il y a 22 heures · Yakomeje ashimira umuryango we wamubaye iruhande aho yiyamamarije hirya no hino mu gihugu, avuga ko umubera “akabando”. “By’umwihariko rero, ndagira ngo mbashimire mwese abari hano, abari hano ni bake, ni abashoboye kuza ariko ndahera kuri mwe mbashimire ko mwatubaye hafi muri byose, ndetse icy’ibanze, mwabaye hafi cyane mu guca urubanza, uru twabwirwaga,” uyu ni Perezida Kagame.